Kaminuza y’u Rwanda yemeye ko yahombeje Leta Miliyoni 40
Kaminuza y’u Rwanda yemereye Komisiyo ishinzwe gukurikirana iby’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), ko yanze kwishyura ba
Read moreKaminuza y’u Rwanda yemereye Komisiyo ishinzwe gukurikirana iby’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), ko yanze kwishyura ba
Read moreHari Umuturage witwa Kabana Grace ukorera ibikorwa by’ubworozi n’ubuhinzi mu mudugudu wa Karekare, akagari ka Indatemwa, mu murenge wa Rutunga
Read moreHari abatuye mu mujyi wa Kigali bavuga ko izamuka ry’igiciro cy’amata gishobora kubashyira mu mirire mibi. Abacuruza amata bato n’abanini
Read moreHari abaturage batuye mu Murenge wa Mimuli mu Karere ka Nyagatare, basaba kwishyurwa ingurane ku butaka bwabo bwanyujijweho amapoto y’Amashanyarazi.
Read moreUrwego Ngenzuramikorere, RURA rwahaye igihe ntarengwa MTN Rwanda cyo kuba yakemuye ibibazo biri mu guhamagara. MTN Rwanda yategetswe ko bitarenze
Read moreMinisiteri y’ubuzima yatangiye gutanga urukingo rwa covid-19 ku cyiciro cy’abari hejuru y’imyaka 18 mu mujyi wa Kigali. Ni igikorwa kitezweho
Read moreUrubyiruko rushoje itorero ry’igihugu mu kiciro cy’Indahangarwa ruvuga ko rugiye gukoresha ibyo rwize rurushaho kunoza umurimo ndetse no guharanira inyungu
Read moreGuverinoma y’u Rwanda iravuga ko nta mwarimu wize mu mashuri nderabarezi waminuje uzakomeza kwigisha mu mashuri abanza ahubwo ko azakomereza
Read moreImpuguke mu bukungu zisanga mbere yo gushyira mu bikorwa umushinga wo kubaka inzu zihendutse hakwiye kubanza gukorwa ubushakashatsi bugamije kumenya
Read moreU Rwanda ruritegura kwakira doze 488,370 z’urukingo rwa Covid-19 rwo mu bwoko bwa Pfizer rwahawe na Leta Zunze Ubumwe za
Read more