Coronavirus: Abanyarwanda basabwe kuguma mu ngo kugeza Tariki 30 Mata 2020.
Inama y’abaminitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yemeje ingamba zo gukumira icyorezo cya Coronavirus, abanyarwanda bazakomeza kuzikurikiza kugeza Tariki ya
Read moreInama y’abaminitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yemeje ingamba zo gukumira icyorezo cya Coronavirus, abanyarwanda bazakomeza kuzikurikiza kugeza Tariki ya
Read moreInteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite uyu munsi yemeje burundu amasezerano y’Inguzanyo ya Miliyoni 13,1€ (Angana na Miliyaridi 13 Frw) hagati
Read morePerezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko ubukungu bw’u Rwanda butazazahazwa cyane n’icyorezo cya Koronavirusi.Ibi Umukuru w’igihugu yabigarutseho mu kiganiro
Read moreU Rwanda rwashyizwe ku rutonde rw’ibihugu 25 Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (FMI/IMF) cyasoneye kwishyura umwenda mu mezi atandatu, kubera ingaruka z’ubukungu
Read moreMinisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko mu bipimo 1160 byafashwe mu masaha 24, byagaragaje abarwayi bashya ba Coronavirus 6. Aba barwayi
Read morePerezida wa Repubulika Paul KAGAME yasuye itsinda rihuriyemo abantu 400 bo mu nzego zinyuranye bakora ibikorwa bigamije kurwanya no gukumira
Read moreMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 842 byafashwe mu masaha 24, byagaragaje abandi bantu babiri barwaye Coronavirus, ibi byatumye umubare
Read moreMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu abandi bantu 11 bari bamaze igihe barwaye Coronavirus basezerewe mu bitaro, nyuma
Read moreUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, EU, watangaje ko ukomeje gufatanya na Guverinoma y’u Rwanda mu gufasha abagizweho ingaruka n’ifungwa ry’ibikorwa mu
Read moreUmuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yavuze ko akomeje guterwa ubwoba ko azicwa ndetse
Read more