MINEDUC yasabye abanyeshuri batangiye ibizamini bya Leta kurangwa n’ubushishozi
Ubwo yatangizaga ikorwa ry’ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza, Minisiteri y’Uburezi yasabye abanyeshuri gukora neza ibizamini mu bushishozi kugira ngo
Read moreUbwo yatangizaga ikorwa ry’ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza, Minisiteri y’Uburezi yasabye abanyeshuri gukora neza ibizamini mu bushishozi kugira ngo
Read moreUmuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane (Transparency International Rwanda) urasaba ko abashyira mu bikorwa imishinga igamije guhangana n’ihindagurika ry’ibihe barushaho kuyisobanurira abaturage.
Read moreMu Rukiko rw’Ikirenga hari kubera urubanza umunyamategeko Edouard MURANGWA aregamo Leta, avuga ko itegeko rigenga umusoro ku butaka ryasohotse umwaka
Read moreUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Abanyarwanda batatu, Abanyakenya umunani, n’Umunya-Uganda umwe, bose bakaba bakurikiranyweho icyaha cyo
Read moreUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwashyize ahagaragara ubushakashatsi bushya ku miyoborere buzwi ( Rwanda Governance Scorecard 2019) aho Inkingi y’umutekano yongeye kuza
Read moreUruganda rukora imodoka Volkswagen rwashyize ku isoko ry’u Rwanda imodoka ikoreshwa n’amashanyarazi. Ni ubwa mbere urwo ruganda rwafunguye ishami mu
Read moreU Rwanda rwashyizeho amabwiriza abuza inganda z’ibiribwa Kwamamaza ibyo zikora zitabanje guhabwa urushya n’ikigo kigenzura ibiribwa n’imiti. Mu biganiro byo
Read moreRobert BAYIGAMBA wigeze kuba Minisitiri w’Urubyiruko, Umuco na Siporo yatawe muri yombi akekwaho kwihesha ibyaha birimo icyo kwihesha ikintu cy’undi
Read morePerezida Paul KAGAME yageze i Doha muri Qatar, aho yitabiriye inama yiga ku ikoranabuhanga n’imurikgurisha (Qatar Information Technology Conference &
Read moreAbadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburengenzira bwa Muntu no kurwanya Jenoside, basabye Guverinoma gushyiraho iteka rya Minisitiri rigena uburyo bwo
Read more