Padiri Twagirayezu yatorewe kuba umwepisikopi wa diyosezi ya Kibungo
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoreye Padiri Jean-Marie Vianney Twagirayezu, kuba umwepisikopi wa diyosezi ya Kibungo kuri
Read moreUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoreye Padiri Jean-Marie Vianney Twagirayezu, kuba umwepisikopi wa diyosezi ya Kibungo kuri
Read moreEthan Vernon w’imyaka 23, ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza, yongeye kwegukana agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2023, kahagurukiye
Read moreImpanuka y’ubwanikiro yakomerekeyemo abantu 4 mu mu Kagari ka Ntovi, umudugudu wa Ntovi, mu murenge wa Rukumbeli, kuri iki cyumweru
Read moreUmuturage wo mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo, aravuga ko umuturanyi we agiye kumutwara ubutaka kubera amakimbirane. Nyiraneza
Read moreBamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Gasabo, bavuga ko baba bifuza gukora ibikorwa byo kurwanya abahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe
Read morePerezida Paul Kagame asanga politiki y’ubuzima ikwiye kuba yubakiye ku kurokora ubuzima bw’abantu, ndetse no gutuma babaho bafite ubuzima bwiza.
Read moreHari abahinzi mu Murenge wa Rwemasha, mu Karere ka Nyagatare, bavuga ko bonesherejwe n’aborozi, ariko ntibahabwe indishyi. Aba bagiranye ibibazo
Read moreInteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EALA, yatangaje ko imirimo yayo idashobora gukomwa mu nkokora no kuba abadepite ba
Read moreUrukiko rw’Ubujurire rwasubitse isomwa ry’urubanza rwa Ntaganzwa Ladislas wahamijwe ibyaha bya Jenoside akajuririra igihano cy’igifungo cya burundu yahawe. Mu 2020
Read morePerezida Paul Kagame yitabiriye inama y’Abayobozi b’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, iganira ku biganiro bya Nairobi na Luanda byo gushakira
Read more