AMAHANGA

BARASABA LETA KUBACYURA NTAKIRABABAHO
Muri Africa y’Epfo, ikibazo cy’abimukira gikomeje gufata indi ntera, aho Abanya-Nigeria bagera ku 130 basabye guverinoma yabo kubacyura mu gihugu

IMYIDAGADURO

SAIDI LUGUMI YAGIRIYE INAMA ALLIAH COOL YO KWIRINDA GUTANGA IDENI.
Umunyemari Saidi Lugumi yagiriye inama Isimbi Alliance wamenyekanye nka Alliah Cool yo kwirinda gutanga amadeni kuko bizamuteranya n’abo yayahye
UBUZIMA

BATANU MURI BO NAGUYE MU MURONGO W’AKAZI. IBYO WAMENYA KU MUNSI MPUZAMAHANGA W’ABAZIMYA INKONGI Y’UMURIRO
Tariki 2 Ukuboza mu 1998, mu ishyamba rya Linton muri Leta ya Victoria, batanu mu bakozi batari benshi, baburiye ubuzima

IMIKINO

IGITEGO CYE CYA MBERE MURI UYU MWAKA, GIFASHIJE MAN U KWIKURA IMBERE YA LIVERPOOL
Kobbie Mainoo yatsinze igitego cye cya mbere muri uyu mwaka w’imikino, afasha Manchester United gutsinda Liverpool ibitego 3-2 mu mukino
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

U Rwanda rushyizeho itegeko rigenga ubucuruzi bwa Cryptocurrency mu rwego rwo kurinda abaturage
Inteko Nshinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yatoye itegeko rishya rigenga ubucuruzi bw’umutungo wifashisha amafaranga y’ikoranabuhanga uzwi nka Cryptocurrency akaba
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























