AMAHANGA

MUBARAKH MUGANGA YITABIRIYE IMURIKAGURISHA RY’INTWARO MURI TURUKIYA
Mu mujyi wa Istanbul muri Turkey, ku wa 5 Gicurasi 2026, habereye igikorwa gikomeye cyahuje abasirikare n’inzobere mu by’umutekano baturutse

IMYIDAGADURO

Steven Spielberg arayoboye, mugihe Cristiano ataza mu 10 ba mbere. URUTONDE RW’IBYAMAMARE BAKIZE KU ISI
Mu gihe inganda z’imyidagaduro, siporo n’itangazamakuru zikomeje gutanga inyungu zitangaje ku Isi, urutonde rw’ibyamamare bikize kurusha abandi mu 2026 rugaragaza
UBUZIMA

BATANU MURI BO NAGUYE MU MURONGO W’AKAZI. IBYO WAMENYA KU MUNSI MPUZAMAHANGA W’ABAZIMYA INKONGI Y’UMURIRO
Tariki 2 Ukuboza mu 1998, mu ishyamba rya Linton muri Leta ya Victoria, batanu mu bakozi batari benshi, baburiye ubuzima

IMIKINO

IGITEGO CYE CYA MBERE MURI UYU MWAKA, GIFASHIJE MAN U KWIKURA IMBERE YA LIVERPOOL
Kobbie Mainoo yatsinze igitego cye cya mbere muri uyu mwaka w’imikino, afasha Manchester United gutsinda Liverpool ibitego 3-2 mu mukino
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

U Rwanda rwashyizeho itegeko rigenga ubucuruzi bwa Cryptocurrency mu rwego rwo kurinda abaturage
Inteko Nshinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yatoye itegeko rishya rigenga ubucuruzi bw’umutungo wifashisha amafaranga y’ikoranabuhanga uzwi nka Cryptocurrency akaba
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























